Ubanza inkoni yakubise mukeba wayo, APR FC , itayirengeje urugo kuko kuri iki Cyumweru, n’ubundi kuri Stade Mpuzamahanga ya ...
Mu ijoro ryo ku wa 21 Gashyantare 2025, Umuhanzi mpuzamahanga w’Umunyamerika, John Legend yasusurukije mu buryo budasanzwe Abanya -Kigali bitabiriye igitaramo cya Move Afrika cyari kibaye ku nshuro ya ...
John Legend utegerejwe mu gitaramo cya Move Afrika, yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu. Iki gitaramo aririmbamo giteganyijwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki 21 Gashyantare ...
Ibihumbi by'abiganjemo urubyiruko n'abakuze bakunda kwidagadura no kuruhuka, bitabiriye igitaramo cy'Urwenya cya Gen Z Comedy Show batahanye ibyishimo byuzuye nyuma yo gusetswa n'abanyarwenya barimo ...
Umuhanzi mpuzamahanga w'Umunyamerika John Legend ategerejwe i Kigali aho aririmba mu gitaramo "Move Africa" giteganyijwe ...
Nyuma y'aho u Rwanda rutangaje ko rwahagaritse gahunda y’ubutwererane n’Igihugu cy’u Bubiligi, Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangaje ko iki cyemezo cyafashwe kubera ...
Mu ijambo rye ry’ikaze, Gen Mubarakh yashimangiye umubano mwiza hagati y’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Nigeria, cyane cyane mu bijyanye no kongerera ubushobozi abasirikare.
Hashize imyaka ikabakaba 30 Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR w'abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ushinzwe. Ni umutwe wubakiye ku ngengabitekerezo ya Jenoside. Ibi bishingira ku bitero ...
Urwego rw'Igihugu rushinzwe guteza imbere tekinike imyuga n'ubumenyingiro (RTB) ruvuga ko 86% by’abanyeshuri bigira ku murimo bahita babona akazi, kubera ubumenyi bakura mu nganda zifitanye ...